HEALING ADULTS AND CHILDREN FROM THE EFFECTS OF …

Download Report

Transcript HEALING ADULTS AND CHILDREN FROM THE EFFECTS OF …

GUKIZA ABANA,URUBYIRUKO N’ABANTU BAKURU
INGARUKA ZITEWE N’IHUNGABANA
RWANDA
27-29 , UKWAKIRA 2008
1
ABAHUGURA
• Maarit Brooks
• Umuganga
w’umuryango
• Umufasha ku bijyanye
n’amarangamutima
• Akorera Bristol, mu
Bwongereza
nk’Umuganga
w’umuryango
2
• Carly Raby
• Avura akoresheje
gushushanya
• Umufasha ku bijyanye
n’amarangamutima
• Umuyobozi mukuru
wa Luna
• Impuguke yigenga ku
bijyanye
’Uburenganzira
bw’Abana – Mu
Ubwongereza
Tuziga iki?
•
•
•
•
•
•
•
•
Ubuzima bwo mu mutwe
Ibyo dukenera by’ibanze
Uburyo ubwonko bwacu bukora
Inyitozo iruhura
Ihungabana
Kuvura Ihungabana ku bantu bakuru n’abana
Uburyo bwo gushyiraho umwanya wo kuvura
Kubaka abaturage
3
KUWA MBERE
• 9h00: Intangiriro ku
Ubumuntu wahawe (HG)
• 9h30: Ubuzima bwo mu
Mutwe n’ibikenewe
by’ibanze
• 10h35: Akaruhuko
• 10h50: RIGAAR – Uko bategura
ikiganiro
• 12h00:IFUNGURO
• 1h00: Ubwonko busanzwe
n’Ubwonko bw’ubuhanga
• 1h30: Kuyobora ibitecyerezo
(Abantu bakuru)
• 2h15: Umwitozo
• 2h45: Akaruhuko
• 3h00: Kuyobora ibitecyerezo
(Abana)
• 3h45: Umwitozo
• 4h30: Kungurana ibitecyerezo
• 5h00: Gusoza
BURI MUGOROBA - CARLY NA MAARIT BARABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO
CYANGWA KUNGURANA IBITECYEREZO
4
KUWA KABIRI
• 8h30: Kuhagera no kwitegura
• 9h00: Ihungabana Abakuru/Abana
• 9h45: Gusubiza inyuma
kubantu bakuru n’uburyo
bikorwa
• 10h15: Kureba Video
• 10h50: Ibibazo
• 11H00: Akaruhuko
• 11h20 : Imyitozo mu gukorana
n’Abakuru usubiza inyuma
• 12h00: Ibibazo
• 1h15: Gusubiza inyuma ku Abana
n’uburyo bikorwa
• 2h15: Ibibazo
• 2h25: Imyitozo
• 3h15: Ibibazo
• 3h25: Akaruhuko
• 3h50: Gusobanura aho kuboba
ibyibanze bihurira n’uburyo bwo
kuyobora ibitecyerezo no kuvura
ihungabana n’uburyo byuzuzanya.
• 4h30: Ibibazo /Gusoza
• 12h15: IFUNGURO
BURI MUGOROBA -CARLY NA MAARIT BAZAJYA BABONEKA GUSUBIZA IBIBAZO
CYANGWA KUNGURANA IBITEKEREZO
5
KUWA GATATU
•
•
•
•
•
•
•
•
•
•
•
8h30: Gusubiza inyuma ku Abana - Imyitozo
9h00:Kuhagera no gusubiza ibibazo ku imunsi ya hashize.
9h30: Inkuru Healing stories
11h00: Akaruhuko
11h15: Indoto n’Inzozi mbi
11h45:Kwitoza kuyobora ikiganiro (RIGAAR)
12h45: Ibibazo, gufashwa no guhabwa ibyavuyemo
1h00: IFUNGURO
2h00: Kubaka abaturage
3h30: Kubaza muri rusange
4h00/ 5h00: ( Gasubizaho akanya katakaye n’ibibazo) Gusoza
6
Umunsi wa Mbere
Gushyiraho iby’ibanze
7
Ubuzima Bwo mu Mutwe
• Uko bimeze mu Bwongereza
• Impamvu abantu batabona iby’ibanze mu
Bwongereza
• Uko bimeze mu Rwanda
• Impamvu abantu batabona ibyibanze mu
Rwanda
• N’iki duhuriraho n’ingorane dusangiye?
8
Ibikenewe by’Ibanze
- Ibyo kurya
bihagije
- Amazi meza
- Aho kuba
- Umutekano
- Kuvurwa
- Kwiga
9
Ibikemewe ku maranga mutima
•
•
•
•
•
•
•
•
•
Umutekano
Kugira inshuti imwe y’ingenzi
Kugira ikiduhuza n’abandi
Uko umeze
Ubushobozi no kugera kuntego
Kwiyobora no kuyobora abandi
Kwitabwaho
Kwiherera
Kumva ufite ucyo uvuze /umaze
10
Umutekano
11
Inshuti imwe
y’ingenzi
12
Kugira ikiguhuza
n’abandi
13
Imibereho
14
Ubushobozi no
kugera ku intego
15
Gushobora
kwiyobora no
kuyobora abandi
16
Kwitabwaho
17
Kwiherera
18
Kugira agaciro
19
Ubushobozi twifitemo nk’abantu
•
•
•
•
•
•
•
Ubushobozi bwo kwibuka no Kwibagirwa
Ubushobozi bwo guhura n’abandi bantu
Gutecyereza/kurema ikintu mubitekerezo
Ubwonko bw’ubuhanga
Ubushobozi bwo kumenya Isi tuyigereranije
Kureba ibintu muburyo bwagutse
Ubushobozi bwo kurota
20
Ubushobozi twifitemo nk’abantu
• Gukora imyitozo y’ibintu bifatika.
21
Akaruhuko
22
RIGAAR – Modeli yo Kuvura
•
•
•
•
•
K: Kubaka uburyo bwo guhura
G: Gukusanya amakuru
K: Kwiha intego
K: Kugera/gukoresha kubushobozi dufite
K:Kumvikana kuri gahunda
mugatangirana nayo
• G: Gusubira muri gahunda no gutsinda
23
K:Kubaka uburyo bwo guhura
Kuba hamwe mu
– kuvugana
– Uko ku maso
hameze
– Kujyanisha
n’uburyo ingingo
z’umubiri
zigenda .
24
G:Gukusanya amakuru
•
•
•
•
N’ikihe kibazo?
Cyatangiye ryari?
Imbaraga?
Uko ubuzima
bwifashe ubu?
• N’inde wafasha?
• N’iki kitaragerwaho
ku maranga mutima,
kubera iki?
25
K:Kwiha intego
• Mwumvikane ku
ntego z’ubuvuzi
muburyo burambuye
• Intego nziza iba
– Ijyana heza
– Ishobora kugerwaho
– Ituma ibyibanze
bigerwaho
26
K: Kureba ubushobozi afite
• Gereranya/reba
imbaraga z’uwo
muntu
• Bibutse gutsinda
kwabo n’ibyo
bagezeho
• Hari abandi bantu
bamufasha?
27
K:Kwemeranya kuri gahunda no kuyikurikiza / kuyitangira
• Kora gahunda ishoboka yo kuvura no
gukira
• Iyo gahunda irimwo:
– Gutanga amakuru
– Imyitozo iruhura no gutecyereza ajyana
kubyiza
– Inkuru zivura/zikiza
– Kuvura ihungabana
28
K:Kwitoza iyo gahunda no gutsinda
• Saba uwo
ufasha
gukoresha mu
ibitekerezo
29
Shyira mubikorwa - Uburyo bwogufasha bwitwa RIGAAR
30
IFUNGURO
31
Ubwonko busanzwe / Ubwonko bw’ubuhanga
32
“Ubwonko Busanzwe” … “Ubwonko bw’Ubuhanga”
• Itandukanyirizo mu mikorere y’Ubwonko bw’Ubuhanga
n’Ubwonko Busanzwe
•Ubwonko busanzwe nibwo bukuru (Imyaka
amamiliyoni), ariko sibwo buhanga – Bwakorewe
gushobora gukiza umuntu muburyo bushoboka bwose
•Ubwonko bw’Ubwenge ni bushya, kandi burayunguruye,
bigatuma habaho intego no gufata ibyemezo bifatika
ushingiye kukuri guhari
33
“Ubwonko Busanzwe”
• Amarangamutima mabisi / atayunguruye
• Kuturaburira ahari ikibi
• Kukoma imbarutso kucyakorwa vuba
kugirango tubeho
34
“Ubwonko bw’Ubuhanga”
•
•
•
•
•
Gutekereza
Gukora gahunda
Gushobora kwibuka
Guhura n’abandi
Kwita kubandi
35
Gutekereza neza – Imikorere yizana mu muntu
36
© 1995-2002 by Prentice-Hall, Inc.
KUYOBORA IBITEKEREZO
• Gutangiza imyitozo iruhura
• Kuvura ukoreshe kuyobora
ibitekerezo
• Kurangiza / gusoza kuyobora
ibitekerezo
37
Gushyira mubikorwa – Kuyobora mu bitekerezo umuntu
mukuru
38
Akaruhuko
39
Kuyobora Ibitekerezo – Bikoreshejwe / Bijyanye n’Abana
• Abana bagira ingufu
kurusha abantu
bakuru, kwicara rero
kuribo ntibibaruhura
• Ntibakunda kwicara
bafunze amaso –
baratinya ntibizere
umuntu mushya bari
kumwe
• Abana bakunda
gukina bisanzwe
kugirango bakore
inkuru
40
Kushyira mubikorwa - Kuyobora ibitekerezo mu bana
Amabwiriza yo gushyira mubikorwa – K’Umujyanama
• Toranya ibintu bitatu cyangwa bine
• Bishyire kurupapuro rw’impande enye
• Mukanya gato ,ngiye kukubwira izina/inyito y’inkuru
•Urankreramo inkuru, ukoresheje ibi bintu, kandi ugomba kuyivuga vuba wihuta
mu buryo ushobora - urumva?
•Ndaguha izina numa nkome mu mashyi – nibwo uri butangire - witeguye?
•Izina ry’inkuru ni ………(rigomba kuba rifunguye, urugero ‘Umunsi umwe hava
izuba’, ‘ijoro rimwe’ n’ibindi) …… Ukome mumashyi
•Noneho ugatega amatwi (ukumva uko awuvuga n’icyabaye muri iyo nkuru
y’umwana)
•Umwana yahagarara, uka mushimira ukamubaza ibibazo kugirango wumve ko
wakurikiye inkuru neza (reka umwana ariwe ukuyobora )
•Ukureho bya bintu
41
Ikiganiro/kungurana ibitecyerezo
WIBUKE
•Buri gihe ko umwana agomba kuba ariwe uyobora
•Ibimuza mu bitekerezo byose n’ibyo bikora inkuru nziza - Ntuyiseke
•Ntuyihe ibisobanuro-reka igume ari inkuru gusa
•Mwogeze umutere imbaraga , mugihe akubwira inkuru
•Baza ibibazo kunkuru irangiye, bituma umwana akubwira byinshi
(icyangombwa n’uko ariwe uyobora)
•Ibuka ko bigomba kuba binaruhura , bisetsa umwana
Wimuhata ibibazo birenze!
•Ntukore kubintu batoranije
•Nyuma wibuke uko inkuru yagenze,ibyabaye,n’ibihe bintu
yatoranije, byakoze iki, uko ibindi by’iyumvise n’ibindi.
42
Ibibazo
43
Gusoza
44
Umunsi wa 2
Kuvura Ihungabana
45
Gusubiramo iby’umunsi wa 1
46
IHUNGABANA
UBWONKO BUSANZWE NIBWO BUKUYOBORA
KUKO KUREHA IKIBI KANDI BUGAKORA N’UBURYO BWO
KUROKOKA :
• Kurwana
• Guhunga
• Kugangarara/kugwa ikinya
47
FIGHT
• Gukorana
ingufu
• Guhitamo
48
Guhunga
• Gukora
n’imbaraga
• Guhitamo
49
Kugwa ibinya
• Byarangiye
• Nta mahitamo
• Igihe cy’ubwoba
bwinshi cyane
• Gusa n’urota aho buri
kintu
kiyandika/kishushanya
mu bitekerezo nk’ifoto
50
Uburyo Ihungabana ritugiraho ingaruka?
•
•
•
•
•
•
•
•
•
•
•
Kongera kuribamo (ibishushanyo, ibitekerezo , mu ndoto, ibyabaye
kukugarukamo, umunaniro)
Kwirinda icyakwibutsa kubyabaye bibi (abantu, ahantu,ibiganiro)
Kunva ntacyo ukeneye - (gutandukana no kugashishikarira kubana n’abandi)
Gihindagurika mu myifatire (umujinya,umunaniro, kutaguma hamwe,
kudasinzira neza)
Kubabara no kuribwa mu nyama
Guhitwa
Guteraguzwa k’umutima
Umutwe
Umubabaro ukabije
Kurakazwa n’ubusa
Kudakurikira neza
51
Ihungaban n’Abana
•
•
•
•
•
•
•
•
•
•
Akenshi Abana :
Birabagora kwizera uwariwe wese ahubwo bakizirika ku babyeyi
aba barera cyangwa umuryango
Gusinzira birabagora (Garota nabi)
Kwibuka amashusho mabi y’ibyabaye
Gukurikira bikabagora
Kumva ashanyaraye
Gutaka kenshi ko “ababara munda”/ “Ababara umutwe”
cyangwa kumva atameze neza mu mubiri ‘’
Gukina ibyabaye kenshi abisubiramo,ariko ntacyo bimumariye
Ubona imihindukire mumyitwarire uko ubona isi biba
byarahindutse
Ubwoba no guhangayika agatinya kugenda wenyine cyngwa
kujya ahamwibutsa ibyabaye bibi
Gutakishimira abyabashimishaga mbere
52
Kuvura Ihungabana – Tekinike yo Gusubiza imyuma
• Umunyu azi neza ibyo ari mugukora
• Singombwa gusobanura ibyabaye
• Buri kintu gikorwa muburyo bwo guhimba
mu bitekerezo/kurema
• Ikora vuba
• No mubihe bikomeye by’ihungabana
ry’ihohoterwa ryavurwa
53
Ihungabana na tekinike yo Gusubiza inyuma
•
•
•
•
•
Imyitozo iruhura
Kuyobora ibitekerezo
Gusubiza inyuma Ihungabana
Kuyobora ibitekerezo
Gusoza kuyobora ibitekerezo
54
Gusubiza inyuma Ihungabana – uko bikorerwa abantu bakuru
55
Kwerekana uko bikorwa
56
Filime yo Gusubiza inyuma Ihungabana ku bantu Bakuru
57
Ibibazo
58
Akaruhuko
59
Gusubiza inyuma Ihungabana – Abana
•Umwana aba ayobora byose muri icyo gihe
•Ntakeneye gusobanurirwa ibyabaye, keretse
babishatse
•Byose bikorwa muguhimba no gukina
•Iyi tekinike ikora vuba cyane
•No ku ihungabana rikomeye /guhohoterwa byavurwa
•Ni tekinike ishimisha ubwayo bigatuma abana
bayikunda / bakunda iki gikorwa
KORA IBINTU MUNKURU.INKURU
(uva ahari umutekano – ujya – kuw’undi
mutekano). GUSUBIRA INYUMA (Kuva
ahari umutekano ujya aho uri ).Subiramo
kenshi . Zana mo ibindi bintu bishya .
Inkuru itandukanye , itanga ibisubizo
bitandukanye.Shushanya/ muganire
.Gusoza.60
Kuvura Abana Ihungabana – Bishyirwa mubikorwa
61
Umwitozo - Gusubiza inyuma ku bana
Kora ibintu mu inkuru
Inkuru (umutekano – kugeza - kumutekano)
Subiza inyuma (umutekano – kugira umutekano)
Subiramo. Zana/ injizamo ibindi bintu.
Inkuru itandukanye ivamo ibintu
bitandukanye/shushanya/
mubivugeho/Gusoza
62
Akaruhuko
63
Imikoranire ya za tekinike mugukiza neza



Kubina ibikenewe
Kuyobora ibitekerezo
Kuvura Ihungabana
Bishobora gukorana mu kuvura Ihahamuka
64
Ibibazo
65
Gusoza
66
Umunsi wa 3
Gushyira mubikorwa
67
Gusubira mubyo umunsi wa 1&2
68
Inkuru
• Uburyo bwo guha
agaciro isi
• Uwenge
• Kuyobora
• Gukina
• Gutekereza
• Gukira
69
Gukoresha Inkuru mu Gukiza
•
•
•
•
•
Inyitozo iruhura
Kwiga
Amakuru afasha
Kubona uburyo ibishya
Gushobora guhimba “Kuva mu isi ikomeye”
• Umwanya wo kubona
ibintu mu rumuri rushya
rutandukanye
70
Uko wabona inkuru ikwiye?
•
•
•
•
•
•
•
Kumva inkuru zabo
Kumenya umuntu
Kwiga imyifatire yabo
Kumva injyana iri mu inkuru bavuga
Guhitamo icyo bakeneye kumva
Gutegura uko utanga ubutumwa
“Kwambika” ubutumwa kugirango babwakire
neza
71
Reka bisanzure
• Ntuzigere usobanura inkuru
• Reka uteze amatwi guhutamo ubutumwa
mu inkuru – wibi muhatara !
• Reka habeho ubwisanzure
72
Kuvuga inkuru
73
Akaruhuko
74
Kurota n’Inzozi mbi
• Reka abana n’abantu bato bashushanye
ibyo babonye mu nzozi barota,
hanyuma mubiganireho, bibiha
ubusobanuro “ijwi” kuguhangayika
kuri mu mitwe yabo.
• Babaze uwo bashushanyije , niba hari
uwo batoranije kubarengera /kubarinda.
• Bashishikarize kongeraho umuntu
cyangwa ikintu mu gishushanyo cyabo
wo kubarinda maze mubiganireho.
Ushobora kubona za nzozi mbi
zirekeye aho.
• Ibi bifasha umwana gukora ku
bimuhangayikishije mubiganiriye
bakagira umutekano.
75
Igice cyo Gushyira mu bikorwa1:1
Gushyira mubikorwa uko bayobora
ikiganiro (RIGAAR)
 Imyitozo iruhura
 Kuvura Ihungabana
 Kubona ibyibanze
76
Ibibazo, gufasha no gutanga ibisobanuro
77
IFUNGURO
78
Kubaka Abaturage
79
Kubaka Abaturage
Umunota kuri buri muntu
• Izina
• Kyo ukora
• Ubundi bushobuzi ufite
• Ibindi byo wafashish’ abantu
Nundi munota
Mushobora gukorera hamwe mute?
80
Ibibazo muri rusange
81
Twize iki?
•
•
•
•
•
•
•
•
Ubuzima bwo mu Mutwe muri rusange
Ibijyanye n’ibikenewe by’ibanze
Uko ubwonko bwacu bukora
Imyitozo iruhura
Ihungabana muri Rusange
Kuvura Ihungabana ku bakuru n’Abana
Uko wakora ikiganiro kivura
Kubaka abaturage
82
Gusoza
83
All logos below represent organisations who have contributed, in different
ways, towards this training taking place this year
REACH Rwanda
84
ARCT-RUHUKA
85
Ifarashi y’umutego
86
Hasigaye 5 min
87
Muhinduranye
88
[email protected]
www.reach-rwanda.org
89